Umuntu Mushya Utemera Baringa

Umuntu Mushya Utemera Baringa

Umuntu Mushya Utemera Baringa
Uburyo bwo kwibohora icuraburindi ry’amadini
Godefroid Mwenempanzi

__

Iki gitabo kigamije :

- Kwerekana icyo amadini n’ingirwamadini ari cyo n’aho bigarukira.

- Gufungura idirishya ryo kumva ibintu bishya bijyanye n’amadini n’imyemerere.

- Gufungura idirishya ryo kwerekana icyo Imana ari cyo n’uko yaremwe n’abantu.

- Gufungura imitwe, imitima n’imitekerereze y’abemera n’abatemera Imana.

- Kwerekana ingingo zishingirwaho abantu bemera cyangwa batemera Imana.

- Gufungura idirishya ryo kwerekana icuraburindi amadini ashyira mu bantu.

- Gufungura imitwe y’abantu ntibapfe kwemera buhumyi.

- Kumara ubwoba abantu, bakivana mu kintu cy’icyoba cya Baringa kitwa umuriro w’iteka.

- Kumara ubwoba abantu, bakumva ko bagomba gukora neza badaharanira ijuru ry’iteka.

- Kwimakaza indangagaciro zishingiye ku muntu aho gushingira ku madini.

- Kwigirira ikizere ubwacu no kugarukira umuntu nyamuntu.

Amashakiro

Iki gitabo ngituye

Iriburiro
Kuki iki gitabo ?
Iki gitabo kigamije
Igishya kiri muri iki gitabo
Ibice by’iki gitabo

Igice Cya Mbere : Amadini n’Ingirwamadini
1. Amadini n’ingirwamadini muri rusange
2. Amadini n’ingirwamadini by’ibyaduka
3. Abayoboke b’amadini
4. Icyorezo cy’ubusambanyi mu bayobozi bamwe b’amadini
5. Ingufu z’amadini n’abanyamadini
6. Amadini y’Imana zatsinzwe
ateshwa agaciro
7. Kujyana abana mu madini ni ukubafatirana
8. Uko amadini yaremye Shitani nk’igikangisho cyayo

Igice Cya Kabiri : Imana z’Amadini
1. Igisa n’idini gakondo ry’Abanyarwanda
2. Uko abanyarwanda babonaga Imana
3. Amadini n’Imana si kamara ngo abantu bitware neza
4. Ubwonko bwacu ni bwo bwaremye Imana
5. Bisa bidasa : Imana y’i Rwanda n’Imana ya Israheli
6. Imana ya Israheli yasaga n’Imana z’ibihugu byari biyikikije
7. Ibyanditswe muri Bibiliya bimwe byavuye mu bihugu bikikije Israheli
8. Imana z’abaturanyi ba Israheli bavugwa muri Bibiliya
9. Kugerageza gushushanya Imana
10. Kwemera Imana imwe no gusenga Imana imwe biratandukanye
11. Hari ibyitiriwe abanditse Bibiliya bitari ukuri
12. Hari ibigayitse bikwiye gukurwa muri Bibiliya
13. Abanditse Ivanjiri bahimbye ko Umucunguzi yaje kandi ataraje
14. Hari ibintu bikomeye bikwiye kubazwa Imana ubwayo

Igice Cya Gatatu : Impamvu zo Kwemera no Kutemera Imana
1. Kwemera, kumenya no guhakana Imana
2. Impamvu n’ingingo zo kwemera no kutemera Imana

Igice Cya Kane : Umwanzuro Rusange
1. Ibyagaragajwe n’icuraburindi ry’amadini
2. Ingingo rusange zo kwibohora icuraburindi ry’amadini
3. Umuntu mushya wibohoye icuraburindi ry’amadini

Post scriptum
Testament

Gushimira
Ibitabo Twifashishije

  • 12 000 RWF
  • 12 EUR
Poids (g):  400
Largeur (cm):  22
Longueur (cm):  12